Tuesday, 08 September 2026
USD/RWF 1474EUR/RWF 1713
Rwanda News from Rwanda · WORLD EUROS
Nº 59 Tuesday, 08 September 2026
Top stories

Umukazana wa Perezida ushinjwa ibyaha bikomeye yangiwe gufungurwa by'agateganyo

Umukazana wa Perezida ushinjwa ibyaha bikomeye yangiwe gufungurwa by'agateganyo
Sources: Isango star Radio

Urukiko rwo muri Zimbabwe rwategetse ko Kelsea Tafirenyika, umukazana wa Perezida Emmerson Mnangagwa, akomeza gufungwa. Ni nyuma yo kwanga kumurekura by’agateganyo kubera impungenge z'uko ashobora guhungira mu mahanga. Ni mu gihe akurikiranweho ibyaha bikomeye birimo kunyereza umutungo no gucuruza ibiyobyabwenge.

See all — Isango star Radio →

Aggregated from the leading newsrooms of the country. Every story links to its original source.