Hasojwe irushanwa ryahuje abakanishi b’imodoka
Ubwo hasozwaga irushanwa ryahuje amagarage ane y’imodoka akorera mu Mujyi wa Kigali, Igarage rya Honest Auto Vehicle Garage Ltd ryegukanye igikombe banyagiye Toyota Rwanda ibitego 4-0. Iri rushanwa ryahuje amagarage ane yo mu Rwanda ariko asanzwe akorera mu Mujyi wa Kigali. Ni irushanwa ryateguwe hagamijwe gutanga ubutumwa butandukanye burimo gukangurira Abanyarwanda kwirinda ibiyobyabwenge n’inzo
See all — Umuseke →Aggregated from the leading newsrooms of the country. Every story links to its original source.







