Akantu ku kandi n’udushya twaranze ibirori byo Kwita Izina – AMAFOTO
Ibirori byo Kwita Izina abana b’ingagi si ibisanzwe kuko bihuruza amahanga ndetse udasize ibyamamare twakuze tureba ku mateleviziyo. Ubwo kuwa 4 Nzeri 2026, ibi birori byongeraga kubera mu Kinigi, mu Karere ka Musanze, hari ku nshuro ya 21 U Rwanda rwise abana 22 b’Ingagi . Kuva uyu muhango watangira mu 2005, abana b’ingagi 460 bamaze […]
See all — Umuseke →Aggregated from the leading newsrooms of the country. Every story links to its original source.







