Igihe imanza zimara mu nkiko cyagabanyutseho amezi abiri
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga akaba na Perezida w’Inteko y’Inama Nkuru y’Ubucamanza yatangaje ko Urwego rw’Ubucamanza mu Rwanda rwageze ku ntego rwari rwarihaye yo kugabanya imanza zitinda mu nkiko, aho impuzandengo y’igihe imanza zimara yagabanyutse ikaba igeze ku mezi ane, mu gihe yari ku mezi atandatu mu mwaka w’ubucamanza ushize wa 2025/2026. Ni bimwe mu yagaragajwe kuri […]
See all — Imvaho Nshya →Aggregated from the leading newsrooms of the country. Every story links to its original source.







