Perezida Kagame yagaragaje igisubizo ku rubyiruko rufite imishinga rutagira igishoro
“Umubare munini w’inzego z’imari ku mugabane zikoze mu buryo zitanga igishoro ku bantu bagifite”, nk’uko byashimangiwe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ubwo yashingaga agati ku nshingano za Leta zo kugabanya ingorane zituma urubyiruko rwa Afurika rufite ibyo rushoboye gukora rukomeza kudindizwa no kutagira igishoro cyangwa ingwate. Mu biganiro yagiranye n’urubyiruko rwitabiriye Inama y
See all — Imvaho Nshya →Aggregated from the leading newsrooms of the country. Every story links to its original source.







