Amerika na Iran byongeye kugaba ibitero bikomeye
Leta zunze ubumwe za Amerika na Iran byongeye kugaba ibitero bikomeye nyuma y’igihe cyari gishize nta mirwano ikomeye ibaye hagati y'ibi bihugu. Ingabo za Amerika zatangaje ko zasenye ibikorwaremezo bya gisirikare bya Iran, nayo ivuga ko yabisubije. Ibi byatumye umwuka w’intambara wongera gukara, mu gihe impande zombi zikomeje guhangana ku bikorwa bya gisirikare n’umutekano w’umuhora wa Hormu
See all — Isango star Radio →Aggregated from the leading newsrooms of the country. Every story links to its original source.







